34 Twakoresheje ubufindo kugira ngo tumenye uko abatambyi n’Abalewi n’abaturage bagomba kuzajya bazana inkwi ku nzu y’Imana yacu, hakurikijwe amazu ya ba sogokuruza, bakazizana mu bihe byagenwe buri mwaka, kugira ngo zijye zicanwa ku gicaniro cya Yehova Imana yacu nk’uko byanditswe mu Mategeko.+