13 Nuko bohereza intumwa ngo zijyane ayo mabaruwa mu ntara zose z’umwami. Ayo mabaruwa yatangaga itegeko ryo kwica Abayahudi bose bakabamaraho, ni ukuvuga abasore n’abasaza, abana n’abagore, bigakorwa ku itariki ya 13 z’ukwezi kwa 12, ari ko kwezi kwa Adari+ kandi bakabambura ibyabo.+