6 Mu gihugu hazasigara utuntu duke two guhumba,
Nk’iyo ukubise igiti cy’umwelayo
Ku ishami ryo hejuru cyane hagasigara gusa utubuto tubiri cyangwa dutatu tw’imyelayo ihiye,
Ku ishami rifite imbuto hagasigaraho imbuto enye cyangwa eshanu,”+ ni ko Yehova Imana ya Isirayeli avuga.