30 “‘Iki ni cyo kizakubera ikimenyetso: Muri uyu mwaka muzarya ibyeze ku byimejeje, mu mwaka wa kabiri muzarya ibyeze mu mirima bivuye ku mbuto z’ibyo byimejeje. Ariko mu mwaka wa gatatu muzatera imbuto musarure kandi muzatera imizabibu murye imbuto zayo.+