26 ni ko ntazigera nta abakomoka kuri Yakobo n’abakomoka ku mugaragu wanjye Dawidi kandi nta kizambuza kuvana mu babakomokaho abazategeka abo mu muryango wa Aburahamu, Isaka na Yakobo. Nzagarura abantu babo bajyanywe ku ngufu mu kindi gihugu+ kandi nzabagirira impuhwe.’”+