43 “‘Kubera ko utibutse ibyakubayeho ukiri muto+ ahubwo ukandakaza ukora ibyo bintu byose, ubu ngiye gutuma ugerwaho n’ingaruka z’imyifatire yawe,’ ni ko Umwami w’Ikirenga Yehova avuga, ‘kandi ntuzongera kugira imyifatire y’ubwiyandarike n’ibikorwa byawe bibi.