32 Igihe kimwe ubwo bari mu nzira bajya i Yerusalemu, Yesu abari imbere, bagendaga batangaye bitewe n’ibyo Yesu yakoraga. Ariko abari babakurikiye batangira kugira ubwoba. Yongera gushyira za ntumwa 12 ku ruhande, azibwira ibintu byagombaga kumubaho.+