-
Ibyakozwe 7:26Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
26 Ku munsi ukurikiyeho, yabonye Abisirayeli babiri barwana agerageza kubafasha ngo biyunge arababwira ati: ‘mwa bagabo mwe, muri abavandimwe. Kuki mugirirana nabi?’
-