Ibyakozwe 13:34 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 34 Imana yaramuzuye kandi ntazongera kuba umuntu ufite umubiri ushobora gupfa cyangwa kubora. Imana yemeje ko ibyo ari ukuri igihe yavugaga iti: ‘nzabakunda urukundo rudahemuka* nk’uko nabisezeranyije Dawidi.’+ Ibyakozwe Igitabo gifasha Abahamya ba Yehova gukora ubushakashatsi—Cyacapwe muri 2019 13:34 Umunara w’Umurinzi,1/7/1998, p. 20
34 Imana yaramuzuye kandi ntazongera kuba umuntu ufite umubiri ushobora gupfa cyangwa kubora. Imana yemeje ko ibyo ari ukuri igihe yavugaga iti: ‘nzabakunda urukundo rudahemuka* nk’uko nabisezeranyije Dawidi.’+