Ibyakozwe 13:46 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 46 Nuko Pawulo na Barinaba bavugana ubutwari bati: “Byari ngombwa ko ari mwe mubanza kubwirwa ijambo ry’Imana.+ Ariko kuko muryanze kandi mukaba mugaragaje ko mudakwiriye ubuzima bw’iteka, twigiriye mu banyamahanga.+ Ibyakozwe Igitabo gifasha Abahamya ba Yehova gukora ubushakashatsi—Cyacapwe muri 2019 13:46 Hamya, p. 90-92
46 Nuko Pawulo na Barinaba bavugana ubutwari bati: “Byari ngombwa ko ari mwe mubanza kubwirwa ijambo ry’Imana.+ Ariko kuko muryanze kandi mukaba mugaragaje ko mudakwiriye ubuzima bw’iteka, twigiriye mu banyamahanga.+