18 Ariko bamwe mu bahanga mu bya filozofiya b’Abepikureyo n’Abasitoyiko batangira kumugisha impaka bavuga bati: “Iyi ndondogozi irashaka kuvuga iki?” Abandi bati: “Asa n’ubwiriza iby’imana z’amahanga.” Ibyo babivugiye ko yatangazaga ubutumwa bwiza bwerekeye Yesu n’umuzuko.+