Ibyakozwe 27:2 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 2 Dufatira ubwato ahitwa Adaramutiyo, bukaba bwari bugiye kujya mu turere tunyuranye two ku nkombe y’intara ya Aziya. Nuko tugenda muri ubwo bwato turi kumwe na Arisitariko+ wari Umunyamakedoniya w’i Tesalonike. Ibyakozwe Igitabo gifasha Abahamya ba Yehova gukora ubushakashatsi—Cyacapwe muri 2019 27:2 Hamya, p. 204
2 Dufatira ubwato ahitwa Adaramutiyo, bukaba bwari bugiye kujya mu turere tunyuranye two ku nkombe y’intara ya Aziya. Nuko tugenda muri ubwo bwato turi kumwe na Arisitariko+ wari Umunyamakedoniya w’i Tesalonike.