13 Bameze nk’imiraba ikaze yo mu nyanja. Nk’uko iyo miraba izana imyanda yo mu nyanja ku nkombe, na bo bishora mu bikorwa by’umwanda amaherezo bikazabakoza isoni.+ Bameze nk’inyenyeri zitagendera kuri gahunda, kandi Imana izazijugunya mu mwijima mwinshi cyane, zihagume iteka ryose.+