Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
c Inyigisho z’Ababuda, urugero nk’iyitwa anatta (kutagira ubwimenye), ihakana ko hariho ubugingo budahinduka cyangwa buhoraho. Icyakora, Ababuda bo muri iki gihe hafi ya bose, cyane cyane abo mu Burasirazuba bwa kure bizera ko hariho ubugingo budapfa bwimukira mu wundi mubiri. Ibyo bigaragazwa neza n’ibikorwa byabo byo gusenga abakurambere no kuba bemera ko abantu bababarizwa ikuzimu iyo bapfuye.