Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
b Dukurikije ibyavuzwe n’umuhanga mu mateka wo mu kinyejana cya mbere witwaga Josèphe, mu wa 70 I.C. muri Yerusalemu hari inzara ikaze cyane ku buryo abantu baryaga impu, ibyatsi bitoshye n’ibyumye. Hari n’inkuru yavugaga ko hari umubyeyi wafashe umwana yibyariye aramwotsa, maze aramurya!