Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Yehova yita ku bafite umutima umenetse cyangwa abafite agahinda kenshi (Zaburi 34:18). Ndetse n’iyo umuntu afite agahinda kenshi ku buryo atekereza kwiyahura, Imana iramwumva kandi iba yifuza kumufasha. Kugira ngo umenye uko Imana yafasha umuntu kwikuramo igitekerezo cyo kwiyahura, soma ingingo ivuga ngo “Ese Bibiliya yamfasha mu gihe numva nshaka kwiyahura?” Iyo ngingo iri muri iri somo mu gace kavuga ngo “Ahandi wabona ibisobanuro.”