Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Umubwiriza ni umuntu ubwiriza cyangwa wigisha ubutumwa bwiza bw’Ubwami bw’Imana (Matayo 24:14). Niba wifuza ibisobanuro birambuye ku birebana n’uko tumenya umubare w’ababwiriza, reba ingingo yo ku rubuga rwa ivuga ngo: “Ku isi hose hari Abahamya ba Yehova bangahe?”