Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
b Mu buryo nk’ubwo, igihe Pawulo yasobanuraga imishyikirano mishya yari hagati y’Imana n’abasizwe bitwa “abana” bayo, yahereye ku bintu byari bisanzwe byemewe n’amategeko kandi byari bimenyerewe n’abo yari yandikiye bari mu Bwami bw’Abaroma (Abaroma 8:14-17). Hari igitabo cyavuze ko “kuzana umwana utari uwawe ukamurera akaba uwawe byari umugenzo wakorwaga cyane mu Baroma, kandi Abaroma bumvaga ari uko umuryango ugomba kumera.”—St. Paul at Rome.