Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Abantu bavuga ko ya ndwara y’icyorezo (Grippe Espagnole) yafashe hagati y’abantu 20 na 50 ku ijana by’abari batuye isi muri icyo gihe. Hari aho virusi itera iyo ndwara yishe hagati y’umuntu 1 n’abantu 10 ku ijana by’abo yafashe. Ibinyuranye n’ibyo, Ebola ni indwara idakunze kubaho, ariko hari aho yageze yica abantu hafi 90 ku ijana by’abo yafashe.