Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Abagize “izindi ntama” za Yesu ntibazaba abana b’Imana imyaka igihumbi itarashira. Ariko kandi, kubera ko biyeguriye Imana, bashobora rwose kwegera Imana bakayita “Data,” kandi birakwiriye ko babarirwa mu bagize umuryango w’abasenga Yehova.—Yoh 10:16; Yes 64:8; Mat 6:9; Ibyah 20:5.