Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Birashoboka ko kuba iyo nyigisho idashingiye ku Byanditswe yarateye abantu urujijo, ari byo byatumye Kiliziya Gatolika iyivana muri gatigisimu za vuba aha. Reba agasanduku gafite umutwe uvuga ngo “Kiliziya Gatolika yahinduye imwe mu nyigisho zayo,” kari ku ipaji ya 10.