Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
b Bibiliya ntiyigisha ko abantu bajya kubabarizwa mu muriro w’iteka. Niba wifuza ibindi bisobanuro, reba igice cya 6 gifite umutwe uvuga ngo “Abapfuye bari he?,” mu gitabo Ni iki mu by’ukuri Bibiliya yigisha? cyanditswe n’Abahamya ba Yehova.