Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Hari igitabo cyagize icyo kivuga kuri ubwo buhanuzi kigira kiti “igihe Yerusalemu yari kuba irimbuwe, hari gupfa abaturage baho benshi ku buryo intumbi zabo zitari guhambwa, ahubwo zari kujugunywa muri icyo gikombe zikahaborera cyangwa zikahatwikirwa.”—New Catholic Encyclopedia.