Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Hari ibitabo byanditswe n’Abahamya ba Yehova bishobora gufasha ababyeyi kwigisha abana babo ibivugwa muri iyi ngingo. Ibyo bitabo ni ibi bikurikira: Nimukanguke! yo muri Gicurasi 2006, mu ngingo yayo ivuga ngo “Uko wafasha umukobwa wawe kwitegura ko azajya ajya mu mihango,” ku ipaji ya 10-13 (mu gifaransa); Ibibazo urubyiruko rwibaza n’ibisubizo byabyo, Umubumbe wa 2, igice cya 6 kivuga ngo “Ni iki kirimo gihinduka ku mubiri wanjye?”; n’Umunara w’Umurinzi wo ku itariki ya 1 Ugushyingo 2010, ku ipaji ya 12-14, mu ngingo ivuga ngo “Jya uganira n’abana bawe ibihereranye n’ibitsina.”