Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Abantu b’icyo gihe bararamaga cyane kurusha abo muri iki gihe. Ibyo byaterwaga n’uko bari begereye ubutungane kandi bagifite amagara mazima, ibyo akaba ari ibintu Adamu na Eva bari baratakaje.
a Abantu b’icyo gihe bararamaga cyane kurusha abo muri iki gihe. Ibyo byaterwaga n’uko bari begereye ubutungane kandi bagifite amagara mazima, ibyo akaba ari ibintu Adamu na Eva bari baratakaje.