Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Paragarafu ya 2: Kugira ngo wibuke icyo ibindi bintu bivugwa muri uwo mugani bisobanura, turagutera inkunga yo gusoma igice gifite umutwe uvuga ngo “Abakiranutsi bazarabagirana nk’izuba,” mu Munara w’Umurinzi wo ku itariki ya 15 Werurwe 2010.