Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
g Yesu yahanuye iby’iminsi y’imperuka agira ati ‘Yerusalemu [yari ihagarariye ubutegetsi bw’Imana] izasiribangwa n’amahanga kugeza aho ibihe byagenwe by’amahanga bizuzurira’ (Luka 21:24). Ubwo rero, igihe Yesu yari ku isi ubwami bw’Imana bwari butarongera gutegeka, kandi ibyo byari gukomeza kugeza mu minsi y’imperuka.