Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
b AMAGAMBO YASOBANUWE: Abagize izindi ntama ni abigishwa ba Kristo bafite ibyiringiro byo kuzaba ku isi iteka. Bamwe muri bo batangiye gukorera Yehova mu minsi y’imperuka. Imbaga y’abantu benshi ni abagize izindi ntama bazaba bakiriho ubwo Kristo azaba acira urubanza abantu mu gihe cy’umubabaro ukomeye, kandi bazawurokoka.