Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
b Igihe Yesu yakoraga umurimo ku isi, hari igihe yavugaga amagambo cyangwa akabaza ibibazo bitagaragaza byanze bikunze uko yiyumva. Ibyo yabikoraga ashaka ko abigishwa be bagaragaza uko bumva ibintu.—Mar 7:24-27; Yoh 6:1-5; Reba Umunara w’Umurinzi wo ku itariki ya 15 Ukwakira 2010, ku ipaji ya 4 n’iya 5.