Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Nubwo Yesu ari we Mwigisha Ukomeye kuruta abandi bose babayeho ku isi, ibye byasitaje abantu benshi bo mu gihe ke ntibamwizera. Byatewe n’iki? Hari impamvu nyinshi zabiteye. Muri iki gice turi busuzume impamvu enye. Nanone turi burebe impamvu ibyo Abakristo b’ukuri bavuga n’ibyo bakora muri iki gihe, bibera igisitaza abantu benshi. Ik’ingenzi ariko, turi burebe impamvu kurushaho kwizera Yesu bidufasha, ntihagire ikitubera igisitaza.