Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
c Hari igitabo cyasobanuye ibirebana no kwiyiriza ubusa mu gihe k’iminsi 40 y’igisibo cyagize kiti: “Mu binyejana bitatu byabanje, iyo abantu babaga bitegura pasika, ntibarenzaga icyumweru biyiriza ubusa; ahubwo bamaraga umunsi umwe cyangwa ibiri. . . . Iyo minsi 40 yavuzwe bwa mbere muri kano ya gatanu mu nama yabereye i Nicée (325), nubwo intiti zimwe na zimwe zitemeza neza niba havugwamo igisibo.”—Second Edition, Volume 8, ipaji ya 468.