Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Ubwami bw’Imana ni ubutegetsi bwo mu ijuru. Imana yashyizeho Ubwami bwayo kugira ngo butegeke isi kandi busohoze umugambi iyifitiye (Daniyeli 2:44; Matayo 6:9, 10). Niba wifuza ibindi bisobanuro, reba ingingo ifite umutwe uvuga ngo: “Ubwami bw’Imana ni iki?”