Urutonde rw’ibitabo bya Bibiliya
Ibitabo by’Ibyanditswe bya giheburayo Mbere ya Yesu
Izina ry’igitabo: Intangiriro
Umwanditsi: Mose
Aho cyandikiwe: Mu butayu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 1513
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): “Mu ntangiriro” kugeza mu 1657
Izina ry’igitabo: Kuva
Umwanditsi: Mose
Aho cyandikiwe: Mu butayu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 1512
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 1657-1512
Izina ry’igitabo: Abalewi
Umwanditsi: Mose
Aho cyandikiwe: Mu butayu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 1512
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): ukwezi 1 (1512)
Izina ry’igitabo: Kubara
Umwanditsi: Mose
Aho cyandikiwe: Mu butayu no mu Bibaya by’i Mowabu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 1473
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 1512-1473
Izina ry’igitabo: Gutegeka kwa Kabiri
Umwanditsi: Mose
Aho cyandikiwe: Mu Bibaya by’i Mowabu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 1473
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): amezi 2 (1473)
Izina ry’igitabo: Yosuwa
Umwanditsi: Yosuwa
Aho cyandikiwe: Kanani
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): c. 1450
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 1473–ah. 1450
Izina ry’igitabo: Abacamanza
Umwanditsi: Samweli
Aho cyandikiwe: Isirayeli
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1100
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): ah. 1450–ah. 1120
Izina ry’igitabo: Rusi
Umwanditsi: Samweli
Aho cyandikiwe: Isirayeli
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1090
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): imyaka 11 y’ubutegetsi bw’Abacamanza
Izina ry’igitabo: 1 Samweli
Umwanditsi: Samweli; Gadi; Natani
Aho cyandikiwe: Isirayeli
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1078 ah
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 1180-1078
Izina ry’igitabo: 2 Samweli
Umwanditsi: Gadi; Natani
Aho cyandikiwe: Isirayeli
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1040
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 1077–ah. 1040
Izina ry’igitabo: 1 Abami
2 Abami
Umwanditsi: Yeremiya
Aho cyandikiwe: U Buyuda na Egiputa
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): umuzingo 1, 580
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): ah. 1040-580
Izina ry’igitabo: 1 Ngoma
2 Ngoma
Umwanditsi: Ezira
Aho cyandikiwe: Yerusalemu (?)
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): umuzingo 1, ah. 460
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): Nyuma ya 1 Ngoma 9:44: 1077-537
Izina ry’igitabo: Ezira
Umwanditsi: Ezira
Aho cyandikiwe: Yerusalemu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 460
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 537–ah. 467
Izina ry’igitabo: Nehemiya
Umwanditsi: Nehemiya
Aho cyandikiwe: Yerusalemu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ny. 443
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 456–ny. 443
Izina ry’igitabo: Esiteri
Umwanditsi: Moridekayi
Aho cyandikiwe: Shushani, Elamu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 475
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 493–ah. 475
Izina ry’igitabo: Yobu
Umwanditsi: Mose
Aho cyandikiwe: Mu butayu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1473
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): imyaka isaga 140 hagati ya 1657 na 1473
Izina ry’igitabo: Zaburi
Umwanditsi: Dawidi n’abandi
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 460
Izina ry’igitabo: Imigani
Umwanditsi: Salomo; Aguri; Lemuweli
Aho cyandikiwe: Yerusalemu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 717
Izina ry’igitabo: Umubwiriza
Umwanditsi: Salomo
Aho cyandikiwe: Yerusalemu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): mb. 1000
Izina ry’igitabo: Indirimbo ya Salomo
Umwanditsi: Salomo
Aho cyandikiwe: Yerusalemu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1020
Izina ry’igitabo: Yesaya
Umwanditsi: Yesaya
Aho cyandikiwe: Yerusalemu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ny. 732
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): ah. 778–ny. 732
Izina ry’igitabo: Yeremiya
Umwanditsi: Yeremiya
Aho cyandikiwe: U Buyuda; Egiputa
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 580
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 647-580
Izina ry’igitabo: Amaganya
Umwanditsi: Yeremiya
Aho cyandikiwe: Hafi y’i Yerusalemu
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 607
Izina ry’igitabo: Ezekiyeli
Umwanditsi: Ezekiyeli
Aho cyandikiwe: Babuloni
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 591
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 613–ah. 591
Izina ry’igitabo: Daniyeli
Umwanditsi: Daniyeli
Aho cyandikiwe: Babuloni
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 536
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 618–ah. 536
Izina ry’igitabo: Hoseya
Umwanditsi: Hoseya
Aho cyandikiwe: (Akarere ka) Samariya
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ny. 745
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): mb. 804–ny. 745
Izina ry’igitabo: Yoweli
Umwanditsi: Yoweli
Aho cyandikiwe: U Buyuda
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 820 (?)
Izina ry’igitabo: Amosi
Umwanditsi: Amosi
Aho cyandikiwe: U Buyuda
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 804
Izina ry’igitabo: Obadiya
Umwanditsi: Obadiya
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 607
Izina ry’igitabo: Yona
Umwanditsi: Yona
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 844
Izina ry’igitabo: Mika
Umwanditsi: Mika
Aho cyandikiwe: U Buyuda
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): mb. 717
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): ah. 777-717
Izina ry’igitabo: Nahumu
Umwanditsi: Nahumu
Aho cyandikiwe: U Buyuda
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): mb. 632
Izina ry’igitabo: Habakuki
Umwanditsi: Habakuki
Aho cyandikiwe: U Buyuda
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 628 (?)
Izina ry’igitabo: Zefaniya
Umwanditsi: Zefaniya
Aho cyandikiwe: U Buyuda
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): mb. 648
Izina ry’igitabo: Hagayi
Umwanditsi: Hagayi
Aho cyandikiwe: Yerusalemu yongeye kubakwa
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 520
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): iminsi 112 (520)
Izina ry’igitabo: Zekariya
Umwanditsi: Zekariya
Aho cyandikiwe: Yerusalemu yongeye kubakwa
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 518
Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 520-518
Izina ry’igitabo: Malaki
Umwanditsi: Malaki
Aho cyandikiwe: Yerusalemu yongeye kubakwa
Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ny. 443
Ibitabo by’Ibyanditswe bya kigiriki byanditswe Nyuma ya Yesu
Izina ry’igitabo: Matayo
Umwanditsi: Matayo
Aho cyandikiwe: Palesitina
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 41
Igihe ibivugwamo byamaze (N.Y.): 2 M.Y.–33 N.Y.
Izina ry’igitabo: Mariko
Umwanditsi: Mariko
Aho cyandikiwe: Roma ah.
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 60-65
Igihe ibivugwamo byamaze: 29-33 N.Y.
Izina ry’igitabo: Luka
Umwanditsi: Luka
Aho cyandikiwe: Kayisariya
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 56-58
Igihe ibivugwamo byamaze: 3 M.Y.–33 N.Y.
Izina ry’igitabo: Yohana
Umwanditsi: Intumwa Yohana
Aho cyandikiwe: Efeso, cyangwa hafi yaho
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 98
Igihe ibivugwamo byamaze: Nyuma y’iriburiro, 29-33 N.Y.
Izina ry’igitabo: Ibyakozwe
Umwanditsi: Luka
Aho cyandikiwe: Roma
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 61
Igihe ibivugwamo byamaze: 33–ah. 61 N.Y.
Izina ry’igitabo: Abaroma
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Korinto
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 56
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 1 Abakorinto
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Efeso
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 55
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 2 Abakorinto
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Makedoniya
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 55
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: Abagalatiya
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Korinto cyangwa Antiyokiya ya Siriya
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 50-52
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: Abefeso
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Roma
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 60-61
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: Abafilipi
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Roma
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 60-61
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: Abakolosayi
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Roma
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 60-61
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 1 Abatesalonike
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Korinto
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 50
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 2 Abatesalonike
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Korinto
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 51
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 1 Timoteyo
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Makedoniya
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 61-64
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 2 Timoteyo
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Roma
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 65
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: Tito
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Makedoniya (?)
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 61-64
Izina ry’igitabo: Filemoni
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Roma
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 60-61
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: Abaheburayo
Umwanditsi: Pawulo
Aho cyandikiwe: Roma
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 61
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: Yakobo
Umwanditsi: Yakobo (umuvandimwe wa Yesu)
Aho cyandikiwe: Yerusalemu
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): mb. 62
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 1 Petero
Umwanditsi: Petero
Aho cyandikiwe: Babuloni
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 62-64
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 2 Petero
Umwanditsi: Petero
Aho cyandikiwe: Babuloni (?)
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 64
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 1 Yohana
Umwanditsi: Intumwa Yohana
Aho cyandikiwe: Efeso, cyangwa hafi yaho
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 98
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 2 Yohana
Umwanditsi: Intumwa Yohana
Aho cyandikiwe: Efeso, cyangwa hafi yaho
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 98
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: 3 Yohana
Umwanditsi: Intumwa Yohana
Aho cyandikiwe: Efeso, cyangwa hafi yaho
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 98
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: Yuda
Umwanditsi: Yuda (umuvandimwe wa Yesu)
Aho cyandikiwe: Palesitina (?)
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 65
Igihe ibivugwamo byamaze:
Izina ry’igitabo: Ibyahishuwe
Umwanditsi: Intumwa Yohana
Aho cyandikiwe: Patimosi
Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 96
Igihe ibivugwamo byamaze:
[Amazina y’abanditse ibitabo bimwe na bimwe n’aho byandikiwe, ntibizwi neza. Amatariki menshi ni ukugenekereza gusa. Akamenyetso “ny.” gasobanura “nyuma,” “mb.” gasobanura “mbere” naho “ah.” gasobanura “ahagana.”]
UDUTWE N’UDUSODEKO
Ku mapaji hafi ya yose y’ubu buhinduzi, ahagana hejuru hari udutwe dufasha umuntu guhita amenya aho inkuru yo muri Bibiliya iri.
Udusodeko tubiri [[ ]] twerekana amagambo yakuwe ahandi akinjizwa mu mwandiko w’umwimerere.