ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ikinyarwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • bi12 pp. 1718-1719
  • Urutonde rw’ibitabo bya Bibiliya

Videwo ntibashije kuboneka.

Ihangane, habaye ikibazo mu gufungura videwo.

  • Urutonde rw’ibitabo bya Bibiliya
  • Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya
  • Udutwe duto
  • Ibitabo by’Ibyanditswe bya giheburayo Mbere ya Yesu
  • Ibitabo by’Ibyanditswe bya kigiriki byanditswe Nyuma ya Yesu
  • UDUTWE N’UDUSODEKO
Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya
Urutonde rw’ibitabo bya Bibiliya

Urutonde rw’ibitabo bya Bibiliya

Ibitabo by’Ibyanditswe bya giheburayo Mbere ya Yesu

Izina ry’igitabo: Intangiriro

Umwanditsi: Mose

Aho cyandikiwe: Mu butayu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 1513

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): “Mu ntangiriro” kugeza mu 1657

Izina ry’igitabo: Kuva

Umwanditsi: Mose

Aho cyandikiwe: Mu butayu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 1512

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 1657-1512

Izina ry’igitabo: Abalewi

Umwanditsi: Mose

Aho cyandikiwe: Mu butayu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 1512

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): ukwezi 1 (1512)

Izina ry’igitabo: Kubara

Umwanditsi: Mose

Aho cyandikiwe: Mu butayu no mu Bibaya by’i Mowabu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 1473

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 1512-1473

Izina ry’igitabo: Gutegeka kwa Kabiri

Umwanditsi: Mose

Aho cyandikiwe: Mu Bibaya by’i Mowabu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 1473

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): amezi 2 (1473)

Izina ry’igitabo: Yosuwa

Umwanditsi: Yosuwa

Aho cyandikiwe: Kanani

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): c. 1450

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 1473–ah. 1450

Izina ry’igitabo: Abacamanza

Umwanditsi: Samweli

Aho cyandikiwe: Isirayeli

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1100

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): ah. 1450–ah. 1120

Izina ry’igitabo: Rusi

Umwanditsi: Samweli

Aho cyandikiwe: Isirayeli

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1090

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): imyaka 11 y’ubutegetsi bw’Abacamanza

Izina ry’igitabo: 1 Samweli

Umwanditsi: Samweli; Gadi; Natani

Aho cyandikiwe: Isirayeli

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1078 ah

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 1180-1078

Izina ry’igitabo: 2 Samweli

Umwanditsi: Gadi; Natani

Aho cyandikiwe: Isirayeli

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1040

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 1077–ah. 1040

Izina ry’igitabo: 1  Abami

2 Abami

Umwanditsi: Yeremiya

Aho cyandikiwe: U Buyuda na Egiputa

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): umuzingo 1, 580

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): ah. 1040-580

Izina ry’igitabo: 1 Ngoma

2 Ngoma

Umwanditsi: Ezira

Aho cyandikiwe: Yerusalemu (?)

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): umuzingo 1, ah. 460

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): Nyuma ya 1 Ngoma 9:44: 1077-537

Izina ry’igitabo: Ezira

Umwanditsi: Ezira

Aho cyandikiwe: Yerusalemu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 460

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 537–ah. 467

Izina ry’igitabo: Nehemiya

Umwanditsi: Nehemiya

Aho cyandikiwe: Yerusalemu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ny. 443

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 456–ny. 443

Izina ry’igitabo: Esiteri

Umwanditsi: Moridekayi

Aho cyandikiwe: Shushani, Elamu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 475

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 493–ah. 475

Izina ry’igitabo: Yobu

Umwanditsi: Mose

Aho cyandikiwe: Mu butayu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1473

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): imyaka isaga 140 hagati ya 1657 na 1473

Izina ry’igitabo: Zaburi

Umwanditsi: Dawidi n’abandi

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 460

Izina ry’igitabo: Imigani

Umwanditsi: Salomo; Aguri; Lemuweli

Aho cyandikiwe: Yerusalemu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 717

Izina ry’igitabo: Umubwiriza

Umwanditsi: Salomo

Aho cyandikiwe: Yerusalemu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): mb. 1000

Izina ry’igitabo: Indirimbo ya Salomo

Umwanditsi: Salomo

Aho cyandikiwe: Yerusalemu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 1020

Izina ry’igitabo: Yesaya

Umwanditsi: Yesaya

Aho cyandikiwe: Yerusalemu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ny. 732

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): ah. 778–ny. 732

Izina ry’igitabo: Yeremiya

Umwanditsi: Yeremiya

Aho cyandikiwe: U Buyuda; Egiputa

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 580

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 647-580

Izina ry’igitabo: Amaganya

Umwanditsi: Yeremiya

Aho cyandikiwe: Hafi y’i Yerusalemu

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 607

Izina ry’igitabo: Ezekiyeli

Umwanditsi: Ezekiyeli

Aho cyandikiwe: Babuloni

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 591

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 613–ah. 591

Izina ry’igitabo: Daniyeli

Umwanditsi: Daniyeli

Aho cyandikiwe: Babuloni

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 536

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 618–ah. 536

Izina ry’igitabo: Hoseya

Umwanditsi: Hoseya

Aho cyandikiwe: (Akarere ka) Samariya

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ny. 745

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): mb. 804–ny. 745

Izina ry’igitabo: Yoweli

Umwanditsi: Yoweli

Aho cyandikiwe: U Buyuda

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 820 (?)

Izina ry’igitabo: Amosi

Umwanditsi: Amosi

Aho cyandikiwe: U Buyuda

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 804

Izina ry’igitabo: Obadiya

Umwanditsi: Obadiya

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 607

Izina ry’igitabo: Yona

Umwanditsi: Yona

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 844

Izina ry’igitabo: Mika

Umwanditsi: Mika

Aho cyandikiwe: U Buyuda

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): mb. 717

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): ah. 777-717

Izina ry’igitabo: Nahumu

Umwanditsi: Nahumu

Aho cyandikiwe: U Buyuda

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): mb. 632

Izina ry’igitabo: Habakuki

Umwanditsi: Habakuki

Aho cyandikiwe: U Buyuda

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ah. 628 (?)

Izina ry’igitabo: Zefaniya

Umwanditsi: Zefaniya

Aho cyandikiwe: U Buyuda

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): mb. 648

Izina ry’igitabo: Hagayi

Umwanditsi: Hagayi

Aho cyandikiwe: Yerusalemu yongeye kubakwa

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 520

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): iminsi 112 (520)

Izina ry’igitabo: Zekariya

Umwanditsi: Zekariya

Aho cyandikiwe: Yerusalemu yongeye kubakwa

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): 518

Igihe ibivugwamo byamaze (M.Y.): 520-518

Izina ry’igitabo: Malaki

Umwanditsi: Malaki

Aho cyandikiwe: Yerusalemu yongeye kubakwa

Cyarangije kwandikwa (M.Y.): ny. 443

Ibitabo by’Ibyanditswe bya kigiriki byanditswe Nyuma ya Yesu

Izina ry’igitabo: Matayo

Umwanditsi: Matayo

Aho cyandikiwe: Palesitina

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 41

Igihe ibivugwamo byamaze (N.Y.): 2 M.Y.–33 N.Y.

Izina ry’igitabo: Mariko

Umwanditsi: Mariko

Aho cyandikiwe: Roma ah.

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 60-65

Igihe ibivugwamo byamaze: 29-33 N.Y.

Izina ry’igitabo: Luka

Umwanditsi: Luka

Aho cyandikiwe: Kayisariya

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 56-58

Igihe ibivugwamo byamaze: 3 M.Y.–33 N.Y.

Izina ry’igitabo: Yohana

Umwanditsi: Intumwa Yohana

Aho cyandikiwe: Efeso, cyangwa hafi yaho

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 98

Igihe ibivugwamo byamaze: Nyuma y’iriburiro, 29-33 N.Y.

Izina ry’igitabo: Ibyakozwe

Umwanditsi: Luka

Aho cyandikiwe: Roma

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 61

Igihe ibivugwamo byamaze: 33–ah. 61 N.Y.

Izina ry’igitabo: Abaroma

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Korinto

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 56

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 1 Abakorinto

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Efeso

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 55

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 2 Abakorinto

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Makedoniya

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 55

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: Abagalatiya

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Korinto cyangwa Antiyokiya ya Siriya

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 50-52

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: Abefeso

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Roma

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 60-61

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: Abafilipi

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Roma

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 60-61

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: Abakolosayi

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Roma

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 60-61

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 1 Abatesalonike

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Korinto

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 50

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 2 Abatesalonike

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Korinto

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 51

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 1 Timoteyo

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Makedoniya

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 61-64

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 2 Timoteyo

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Roma

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 65

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: Tito

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Makedoniya (?)

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 61-64

Izina ry’igitabo: Filemoni

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Roma

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 60-61

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: Abaheburayo

Umwanditsi: Pawulo

Aho cyandikiwe: Roma

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 61

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: Yakobo

Umwanditsi: Yakobo (umuvandimwe wa Yesu)

Aho cyandikiwe: Yerusalemu

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): mb. 62

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 1 Petero

Umwanditsi: Petero

Aho cyandikiwe: Babuloni

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 62-64

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 2 Petero

Umwanditsi: Petero

Aho cyandikiwe: Babuloni (?)

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 64

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 1 Yohana

Umwanditsi: Intumwa Yohana

Aho cyandikiwe: Efeso, cyangwa hafi yaho

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 98

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 2 Yohana

Umwanditsi: Intumwa Yohana

Aho cyandikiwe: Efeso, cyangwa hafi yaho

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 98

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: 3 Yohana

Umwanditsi: Intumwa Yohana

Aho cyandikiwe: Efeso, cyangwa hafi yaho

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 98

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: Yuda

Umwanditsi: Yuda (umuvandimwe wa Yesu)

Aho cyandikiwe: Palesitina (?)

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 65

Igihe ibivugwamo byamaze:

Izina ry’igitabo: Ibyahishuwe

Umwanditsi: Intumwa Yohana

Aho cyandikiwe: Patimosi

Cyarangije kwandikwa (N.Y.): ah. 96

Igihe ibivugwamo byamaze:

[Amazina y’abanditse ibitabo bimwe na bimwe n’aho byandikiwe, ntibizwi neza. Amatariki menshi ni ukugenekereza gusa. Akamenyetso “ny.” gasobanura “nyuma,” “mb.” gasobanura “mbere” naho “ah.” gasobanura “ahagana.”]

UDUTWE N’UDUSODEKO

Ku mapaji hafi ya yose y’ubu buhinduzi, ahagana hejuru hari udutwe dufasha umuntu guhita amenya aho inkuru yo muri Bibiliya iri.

Udusodeko tubiri [[ ]] twerekana amagambo yakuwe ahandi akinjizwa mu mwandiko w’umwimerere.

    Ibitabo by’ikinyarwanda (1976-2025)
    Sohoka
    Injira
    • Ikinyarwanda
    • Yohereze
    • Hitamo
    • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
    • Amategeko agenga Imikoreshereze
    • Ibijyanye n'ibanga
    • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
    • JW.ORG
    • Injira
    Yohereze