ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ikinyarwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • g 10/11 p. 2
  • Ipaji ya kabiri

Videwo ntibashije kuboneka.

Ihangane, habaye ikibazo mu gufungura videwo.

  • Ipaji ya kabiri
  • Nimukanguke!—2011
  • Ibisa na byo
  • Toza umwana wawe kuva akiri muto
    Ibanga ryo kugira ibyishimo mu muryango
  • Kurera Abana Uhereye mu Buto Bwabo
    Kwitegura Imibereho y’Ibyishimo mu Muryango
  • Gushimisha Umutima w’Ababyeyi Bawe
    Kwitegura Imibereho y’Ibyishimo mu Muryango
  • Guteza Imbere Uburyo bwo Gushyikirana bya Bugufi
    Kwitegura Imibereho y’Ibyishimo mu Muryango
Reba ibindi
Nimukanguke!—2011
g 10/11 p. 2

Ipaji ya kabiri

Uko warera abana bawe neza

Iyo ababyeyi bamaze kubyara, hari ikintu baba batifuza gutekerezaho, nyamara kikaba kigomba kubaho byanze bikunze: amaherezo umwana wabo aba azakura akaba umuntu mukuru uzibeshaho. Uko ni ko byari biteganyijwe, kuko Bibiliya ivuga ko “umugabo azasiga se na nyina” (Intangiriro 2:24). Birumvikana ko ari na ko bigenda ku mugore.

Icyakora no kuri uwo munsi w’amarira n’ibyishimo, ubwo umwana w’umukobwa cyangwa umuhungu aba avuye iwabo, ababyeyi benshi baba bahangayitse. Baba bibaza bati “ese umwana wacu twamureze neza? Ese azashobora gukora akazi kamutunga, yite ku nzu abamo kandi akoreshe amafaranga neza?” Hari ikindi kibazo cy’ingenzi kurushaho bibaza, kigira kiti “ese umwana wacu azakurikiza amahame mbwirizamuco twamutoje?”—Imigani 22:6; 2 Timoteyo 3:15.

Muri iyi nomero yihariye y’igazeti ya Nimukanguke!, turi busuzume uko inama Bibiliya itanga zafasha ababyeyi kurera abana babo, bakurikije ikigero bagezemo.

    Ibitabo by’ikinyarwanda (1976-2025)
    Sohoka
    Injira
    • Ikinyarwanda
    • Yohereze
    • Hitamo
    • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
    • Amategeko agenga Imikoreshereze
    • Ibijyanye n'ibanga
    • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
    • JW.ORG
    • Injira
    Yohereze