Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2009
Rigaragaza itariki y’igazeti ingingo yasohotsemo
ABAHAMYA BA YEHOVA
Abarangije mu ishuri rya Galeedi, 15/2, 1/9
Abibasiwe n’inkubi y’umuyaga muri Miyanimari, 1/3
Arishimye kandi arangwa n’icyizere nubwo ari umukene, 1/9
Babonye ‘mu maso ha Yehova’ harabagirana (abatumva), 15/8
Beteli y’i Brooklyn imaze imyaka 100, 1/5
Ese Abahamya ba Yehova ni idini ry’Abaporotesitanti? 1/11
Ese ushobora kwambuka ukajya i Makedoniya? 15/12
Icapiro rihambaye, 1/7
Ikiganiro mbwirwaruhame cyihariye, 1/4
Imbuto z’ukuri zigera mu biturage (Tuva mu Burusiya), 15/7
Jya wita ku bavandimwe na bashiki bacu batumva, 15/11
Kuki Abahamya badakoresha amashusho muri gahunda yabo yo gusenga? 1/2
Kwimukira ahantu hakenewe ababwiriza, 15/4, 15/12
“Mukomeze kuba maso” (Ikoraniro ry’intara), 1/3
Nashakishije umuntu nshyizeho umwete (Irilande), 1/3
Twishimiye kugutumira, 1/2
Ubutumwa bwiza mu ndimi 500, 1/11
Ubutunzi bwo mu kiyaga kinini kuruta ibindi byo muri Amerika yo hagati, 1/9
Umukobwa muto ariko ugira ubuntu bwinshi, 15/11
Urugendo twakoreye ku “mpera y’isi” (Repubulika ya Sakha), 1/6
Urugendo twakoze rukatwereka ibyo mu gihe cyashize, 1/12
Yavumbuye ubutunzi bwari buhishwe (Esitoniya), 15/8
BIBILIYA
Bakundaga Ijambo ry’Imana, 1/6
Bibiliya ifite amateka ashishikaje y’ukuntu yarokotse, 1/11
Ese ni ngombwa ko wiga Igiheburayo n’Ikigiriki? 1/11
Idufitiye akamaro, 1/6
Ihindura imibereho y’abantu, 1/2, 1/7, 1/8, 1/11
Imvugo z’ikigereranyo? 1/5
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cy’Ibyahishuwe, igice cya I, 15/1
Ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cy’Ibyahishuwe, igice cya II, 15/2
Kodegisi ya Vatikani, 1/10
Kuki hari igice cya Bibiliya cyanditswe mu Kigiriki? 1/4
Ni rizima no mu rurimi rwapfuye, 1/4
Uko batahuye ubutunzi bwo muri Bibiliya (Codex Ephraemi Syri rescriptus), 1/9
Uko wasobanukirwa Bibiliya, 1/7
Yageze ku Kirwa Kinini Gitukura (Madagasikari), 15/12
IBICE BYO KWIGWA
Abakiranutsi bazasingiza Imana iteka ryose, 15/3
Abamarayika ni “imyuka ikora umurimo wo gufasha abantu,” 15/5
Amasengesho yawe agaragaza ko uri muntu ki? 15/11
“Bakomeza gukurikira Umwana w’intama,” 15/2
Birakwiriye ko twese dusingiza Yehova, 15/3
Bonera ibyishimo mu murimo wo guhindura abantu abigishwa, 15/1
Dore umugaragu Yehova yishimira! 15/1
Duhatanire gukura mu buryo bw’umwuka, “Umunsi ukomeye w’Uwiteka uri bugufi,” 15/5
Ese amagambo ya Yesu agufasha kunonosora amasengesho yawe? 15/2
Ese uha agaciro icyo Yehova yakoze kugira ngo akurokore? 15/9
Ese uri ‘igisonga cy’ubuntu butagereranywa bw’Imana’? 15/1
Ese Yesu yigishije ibihereranye n’ibyiringiro by’ubuzima bw’iteka ku isi? 15/8
Hanga amaso igihembo, 15/3
“Ibicumuro byacu ni byo [Umugaragu wa Yehova] yaterewe icumu,” 15/1
Ibyiringiro by’ubuzima bw’iteka ku isi byongera kumenyekana, 15/8
Igisonga cyizerwa hamwe n’Inteko Nyobozi, 15/6
Inyigisho ziva ku Mana ni iz’agaciro katagereranywa, 15/9
Itoze kugira urukundo rudatsindwa, 15/12
Jya ugira “ishyaka ry’imirimo myiza,” 15/6
Jya ugira ishyaka ry’inzu ya Yehova, 15/6
Jya uha agaciro umwanya ufite mu itorero, 15/11
Jya unonosora amasengesho yawe binyuriye mu kwiyigisha Bibiliya, 15/11
Jya ureka amagambo ya Yesu agire icyo ahindura ku myifatire yawe, 15/2
Jya ureka amajyambere yawe agaragare, 15/12
Jya uvugana ukuri na mugenzi wawe, 15/6
Jya wigana Yesu, wigishe ubigiranye urukundo, 15/7
Jya wigana Yesu, wigishe ushize amanga, 15/7
Komeza kurangwa n’ibyishimo mu bihe bigoye, 15/12
Kuba indahemuka binezeza umutima wa Yehova, 15/4
Kuki twagombye gukurikira “Kristo”? 15/5
Mesiya ni we Imana izakoresha kugira ngo abantu bazabone agakiza, 15/12
Miryango y’Abakristo, nimwigane Yesu, 15/7
“Mubane amahoro n’abantu bose,” 15/10
“Mube maso,” 15/3
“Mugire ishyaka ryinshi mutewe n’umwuka,” 15/10
“Mugume mu rukundo rw’Imana,” 15/8
Mujye mwumvira nka Kristo kandi mugire ubutwari nk’ubwe, 15/9
Mukomeze kugira imitekerereze nk’iyo Kristo yari afite, 15/9
“Muri incuti zanjye,” 15/10
‘Nkurikira ube umwigishwa wanjye,’ 15/1
Rubyiruko, nimureke amajyambere yanyu agaragarire bose, 15/5
Tugire ikinyabupfura kuko turi abakozi b’Imana, 15/11
Tumenye Mose Mukuru, 15/4
Tumenye Yesu, we Dawidi Mukuru akaba na Salomo Mukuru, 15/4
Turusheho gukundana urukundo rwa kivandimwe, 15/11
Ubuzima bw’iteka ku isi ni ibyiringiro twahawe n’Imana, 15/8
Ubwenge bwa Yehova bugaragarira mu byo yaremye, 15/4
Uko amagambo ya Yesu atuma tugira ibyishimo, 15/2
Uko twabungabunga ubucuti muri iyi si itarangwamo urukundo, 15/10
Uko wabona ubutunzi ‘bw’ubwenge n’ubumenyi bwahishwe muri we mu buryo bwitondewe,’ 15/7
Urukundo rwa Kristo rutuma natwe turangwa n’urukundo, 15/9
Yobu yahesheje ikuzo izina rya Yehova, 15/4
IBINDI
Abakurambere ba Kiliziya, 1/7
Abamisiyonari babwirije mu Burasirazuba bwa Aziya bagarukiye he? 1/1
“Abana ba Zewu” (Ibyak 28:11), 1/3
Abanditsi barwanyaga Yesu bari bantu ki? 1/8
Abayahudi hamwe n’abayobozi babo bishe Yesu ‘babitewe n’ubujiji’ (Ibyak 3:17), 15/6
Amahoro muri iyi si ivurunganye, 1/7
Ba Yakobo bavugwa muri Bibiliya, 1/9
Baali n’ubusambanyi bw’akahebwe, 1/11
Ese ‘ushinze imizi kandi wubatswe ku rufatiro ruhamye’? 15/10
Ese Adamu na Eva babayeho koko? 1/9
Ese amadini yose ayobora abantu ku Mana? 1/6
Ese babonye inkuge ya Nowa? 1/7
Ese birakwiriye ko Abakristo bifatanya mu ntambara? 1/10
Ese imibereho yacu yagenwe mbere y’igihe? 1/4
Ese imibereho yawe yagenwe mbere y’igihe? 1/3
Ese iyo inda ivuyemo cyangwa umubyeyi agakubita igihwereye, umuntu yakwiringira ko uwo mwana azazuka? 15/4
Ese muri Isirayeli ya kera habaga abavumvu? 1/7
Ese Ponsiyo Pilato yari afite impamvu zo gutinya Kayisari? 1/1
Ese Satani abaho koko? 1/10
Ese ushobora kwizera ko hariho Umuremyi? 1/10
Ese utinya abapfuye? 1/1
Ese wagennye igihe cyo kwiyigisha Bibiliya? 15/10
Ese wifuza kugira ukwizera gukomeye? 1/5
Gusuka amavuta ku muntu byasobanuraga iki? 1/8
Hezekiya yubatse umuyoboro w’amazi, 1/5
Ibitangaza byose byo gukiza indwara, 1/5
Ibyabaye “ku ngoma y’Umwami Herode,” 1/12
Ibyo intumwa Pawulo yabwirije muri Efeso byatumye havuka akaduruvayo, 1/2
Ibyokurya bya Yohana “byari inzige n’ubuki bw’ubuhura” (Mat 3:4), 1/10
Icyigisho cy’Umuryango, 15/10
Idini ry’ukuri, 1/8
‘Igitabo cya Yashari’ n’‘igitabo cy’Intambara z’Uwiteka,’ 15/3
Igitangaza cyabaye kuri Pentekote, 1/9
Igiti gifite ‘ibibabi bituma,’ 1/3
Ikintu cyose kigenerwa igihe cyacyo, 1/3
Imvura, 1/1
Indwara y’ibibembe ivugwa muri Bibiliya, 1/2
Inyigisho esheshatu z’ibinyoma ku birebana n’Ubukristo, 1/11
Irinde imyuka mibi, 1/5
Isanduku y’isezerano yagiye he? 1/9
Izina ni ryo muntu, 1/2
Kongera kubyarwa, 1/4
Korinto, 1/3
Kuki abantu basoza isengesho bavuga ngo “amen”? 1/6
Kuki abantu batavuga rumwe ku bihereranye n’umwuka wera? 1/10
Kuraguza inyenyeri muri Isirayeli? 1/3
Lazaro azuka, 1/3
Ni irihe somo tuvana mu Migani 24:27? 15/10
Ni ryari Satani yirukanywe mu ijuru? 15/5
Rahabu, 1/8
Shemu, 1/10
“Tuzarya iki?” 1/8
Ubunani bushingiye ku mboneko z’ukwezi (Aziya), 1/12
Ubwicanyi bwakorewe mu kigo cy’ishuri, 1/12
Uko Paradizo yazimiye, 1/11
Uko Pawulo yarokowe na mwishywa we, 1/6
Umugabo wizeraga amasezerano y’Imana (Aburahamu), 1/7
Umurimo w’uburobyi mu nyanja ya Galilaya, 1/10
Umusore w’intwari (Dawidi), 1/1
“Umutware w’abarinzi b’urusengero,” 1/10
Umwami Dawidi yateje imbere umuzika, 1/12
Urimu na Tumimu byari iki? 1/6
Yagaragaje ubwenge (Abigayili), 1/7
Yanesheje ubwoba no gushidikanya (Petero), 1/10
Yavanye isomo ku makosa yakoze (Yona), 1/1
Yeremiya, 1/12
Yerusalemu yubatsweho uruzitiro rw’ibisongo, 1/5
Yize kugira imbabazi (Yona), 1/4
Yosiya, 1/2
Yowasi, 1/4
IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO
Amasengesho Imana yumva, 1/2
Bagabo, nimwigane urukundo rwa Kristo, 15/5
Ese idini ndimo ni jye waryihitiyemo, cyangwa ni ababyeyi banjye? 15/9
Ese nagombye gutanga amaturo angana iki? 1/8
Ese ukurikira “inzira iruta izindi zose” y’urukundo? 15/7
Ese waba warigeze kugira inshingano mu itorero rya gikristo? 15/8
Ese wagombye gutsimbarara ku mahitamo yawe? 15/2
Ese wemera ko Imana ikuvugisha buri munsi? 1/8
Gukorera ibintu hamwe bituma umuryango ugira amajyambere yo mu buryo bw’umwuka, 15/7
Gushinga abandi imirimo, 15/6
“Igihe cyo guceceka” 15/5
Imibereho y’umuryango, 1/11
Imihango y’ihamba, 15/2
Itayi, 15/5
Jya wemera ubufasha uhabwa kandi ushimire, ndetse utange ubivanye ku mutima, 15/7
Kuki hari amasengesho Imana idasubiza? 1/1
Kwitwikira umutwe, 15/11
Kwiyiriza ubusa, 1/4
Mariya, 1/1
Mu gihe uwo mwashakanye akeneye kwitabwaho mu buryo bwihariye, 1/11
Mwirinde ibirangaza, 15/8
Ni gute ushobora kwihangana mu murimo wo kubwiriza? 15/3
Ni hehe wagombye kuzaba uri imperuka niba? 15/5
Ntuzigere wibagirwa Yehova 15/3
Tujye dutanga twishimye kandi tubikuye ku mutima, 15/11
Uko impano y’ubuseribateri yagushimisha, 15/6
Uko mwakoresha neza amafaranga, 1/8
Uko wafasha abana b’ingimbi n’abangavu kuzaba abantu bakuru, 1/5
Uko wahana abana bawe, 1/2
Umurimo w’Imana udutera ibyishimo nubwo dufite imirimo myinshi duhugiyemo, 15/12
Wakora iki mu gihe umuntu akugiriye nabi? 1/9
INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Hashize imyaka mirongo icyenda ntangiye ‘kwibuka umuremyi wanjye’ (E. Ridgwell), 15/7
“Iyi ni yo nzira mube ari yo mukomeza” (E. Pederson by R. Pappas), 15/1
“Marayika w’Uwiteka abambisha amahema yo kugota abamwubaha” (C. Connell), 15/3
Mfite ibyishimo nubwo nahuye n’ingorane (E. Acosta), 1/6
Namenye intego y’ubuzima (G. Martínez), 15/9
Nubwo namugaye mfite ibyishimo (P. Gaspar), 1/5
Uko amakoraniro atatu yahinduye imibereho yanjye (G. Warienchuck), 15/10
Umuntu ntatungwa n’umugati gusa (J. Hisiger), 1/3
Yehova namwitura iki? (R. Danner), 15/6
YEHOVA
Agaragaza imico ye, 1/5
Dutinya Imana aho gutinya abantu, 1/3
Ese Imana igusezeranya ko uzaba umukire? 1/9
Ese Imana ijya ihinduka? 1/6
Ese Imana ijyana abana mu ijuru ngo bajye kuba abamarayika? 1/3
Ese Imana yemera ko abagabo bashaka abagore benshi? 1/7
Ese imibabaro itugeraho ni igihano cy’Imana? 1/6
Ese koko hari umuntu unyitaho? 1/6
Ese kwiyiriza ubusa ni byo bituma urushaho kwegera Imana? 1/4
Ese Yesu ni we Mana Ishoborabyose? 1/2, 1/4
Ikimenyetso kiruta ibindi kigaragaza ko Imana idukunda, 1/2
Imana ni nde? 1/2
Imana yonyine ni yo ishobora kurokora isi, 1/1
Ishaka ko ugira icyo ugeraho, 1/12
Izakuraho imibabaro, 1/12
Izirikana aho ubushobozi bwacu bugarukira, 1/6
Ni iki Yehova adusaba? 1/10
Ni mu buhe buryo Yesu ari umwe na Se? 1/9
Ntuzigere wibagirwa Yehova, 15/3
“Nzi imibabaro yabo” (Kuva 3:1-10), 1/3
Se w’impfubyi, 1/4
Umucamanza ukora ibikwiriye buri gihe, 1/1
Umucamanza utabera, 1/9
“Uwiteka Imana yanyu ndi uwera,” 1/7
Vatikani irashaka ko izina ry’Imana ritongera gukoreshwa ukundi, 1/4
Yehova aha agaciro abicisha bugufi, 1/8
Yehova yaduhaye uburenganzira bwo guhitamo 1/11
YESU KRISTO
Ese koko Yesu yasuwe n’abanyabwenge batatu akiri uruhinja? 1/12
Ese Yesu ni Imana Ishoborabyose? 1/2, 1/4
Ku bihereranye n’“imperuka,” 1/5
Ku bihereranye n’amasengesho Imana yumva, 1/2
Ku bihereranye n’ibyiringiro by’abantu, 1/8
Ku bihereranye n’imibereho y’umuryango, 1/11
Kuki Yesu yasenze Yehova amwita “Abba, Data”? 1/4
Kuki Yesu yogeje intumwa ze ibirenge? 1/1
Kuki Yozefu yatekereje guha Mariya urwandiko rwo kumusenda, kandi bari batarabana? 1/12
Ni iki cyatumye abasirikare b’Abaroma bifuza gutwara ikanzu ya Yesu? 1/7
Ni irihe barura ryatumye Yesu avukira i Betelehemu? 1/12
Ni mu buhe buryo Yesu ari umwe na Se? 1/9
Yesu atsinda ikigeragezo, 1/5
Yesu yashakaga kuvuga iki igihe yavugaga ko abanditsi n’Abafarisayo basa n’“imva zisize ingwa”? 1/11