Intangiriro 37:35 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 35 Abahungu be bose n’abakobwa be bose barahaguruka ngo bamuhumurize,+ ariko akomeza kwanga guhumurizwa, aravuga+ ati “nzarinda manuka nsanga umwana wanjye mu mva* nkimuborogera!” Nuko se akomeza kumuririra. Kubara 16:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 Ariko Yehova nakora ikintu kidasanzwe,+ ubutaka bukasama bukabamira+ hamwe n’ibyabo byose, bakamanuka bakajya mu mva* ari bazima,+ ni bwo muri bumenye mudashidikanya ko aba bantu basuzuguye Yehova.”+ 1 Abami 2:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Uzakoreshe ubwenge bwawe;+ ntuzemere ko imvi ze zimanuka mu mva*+ amahoro.+ Zab. 49:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Urupfu rurabaragira,+Rukabajyana mu mva+ bameze nk’intama zishorewe;Kandi mu gitondo abakiranutsi barabategeka.+Imibiri yabo izasaza ishireho;+Buri wese azajya mu mva aho gushyirwa hejuru.+ Zab. 89:48 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 48 Ni nde mugabo w’umunyambaraga uriho utazabona urupfu?+Ese ashobora kurokora ubugingo bwe akabukura mu maboko y’imva?+ Sela. Umubwiriza 9:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Ibyo ukuboko kwawe gushobora gukora byose ubikorane imbaraga zawe zose,+ kuko mu mva*+ aho ujya+ nta mirimo cyangwa imigambi cyangwa ubumenyi+ cyangwa ubwenge+ bihaba. Hoseya 13:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 “Nzabacungura mbavane mu mva;*+ nzabakiza urupfu.+ Wa rupfu we, urubori rwawe ruri he?+ Wa mva we, kurimbura kwawe kuri he?+ Ariko sinzabagirira impuhwe.+ Ibyakozwe 2:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 kuko utazarekera ubugingo bwanjye mu mva,* cyangwa ngo wemere ko indahemuka yawe ibona kubora.+ Ibyahishuwe 20:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Nuko inyanja igarura abapfuye bo muri yo, kandi urupfu n’imva na byo bigarura abapfuye+ bo muri byo, bacirwa imanza hakurikijwe ibyo buri muntu ku giti cye yakoze.+
35 Abahungu be bose n’abakobwa be bose barahaguruka ngo bamuhumurize,+ ariko akomeza kwanga guhumurizwa, aravuga+ ati “nzarinda manuka nsanga umwana wanjye mu mva* nkimuborogera!” Nuko se akomeza kumuririra.
30 Ariko Yehova nakora ikintu kidasanzwe,+ ubutaka bukasama bukabamira+ hamwe n’ibyabo byose, bakamanuka bakajya mu mva* ari bazima,+ ni bwo muri bumenye mudashidikanya ko aba bantu basuzuguye Yehova.”+
14 Urupfu rurabaragira,+Rukabajyana mu mva+ bameze nk’intama zishorewe;Kandi mu gitondo abakiranutsi barabategeka.+Imibiri yabo izasaza ishireho;+Buri wese azajya mu mva aho gushyirwa hejuru.+
48 Ni nde mugabo w’umunyambaraga uriho utazabona urupfu?+Ese ashobora kurokora ubugingo bwe akabukura mu maboko y’imva?+ Sela.
10 Ibyo ukuboko kwawe gushobora gukora byose ubikorane imbaraga zawe zose,+ kuko mu mva*+ aho ujya+ nta mirimo cyangwa imigambi cyangwa ubumenyi+ cyangwa ubwenge+ bihaba.
14 “Nzabacungura mbavane mu mva;*+ nzabakiza urupfu.+ Wa rupfu we, urubori rwawe ruri he?+ Wa mva we, kurimbura kwawe kuri he?+ Ariko sinzabagirira impuhwe.+
13 Nuko inyanja igarura abapfuye bo muri yo, kandi urupfu n’imva na byo bigarura abapfuye+ bo muri byo, bacirwa imanza hakurikijwe ibyo buri muntu ku giti cye yakoze.+