Gutegeka kwa Kabiri 8:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 “Ujye witondera amategeko ya Yehova Imana yawe, ugendere mu nzira ze+ kandi umutinye.+ Abacamanza 2:22 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 22 kugira ngo nyageragereshe+ Abisirayeli, menye niba bazakomeza inzira ya Yehova bakayigenderamo nk’uko ba sekuruza bayigenderagamo, cyangwa niba batazayigenderamo.” Zab. 15:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Ni ugendera mu nzira iboneye,+ agakora ibyo gukiranuka,+Kandi akavuga ukuri mu mutima we.+ Imigani 2:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Abakiranutsi ababikira ubwenge,+ n’abagendera mu nzira itunganye akababera ingabo ibakingira,+ Mika 6:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Yewe muntu wakuwe mu mukungugu we, yakumenyesheje icyiza icyo ari cyo.+ Icyo Yehova agusaba ni iki? Si ugukurikiza ubutabera,+ ugakunda kugwa neza+ kandi ukagendana n’Imana yawe+ wiyoroshya?+ Abakolosayi 1:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Ni bwo muzagenda nk’uko bikwiriye+ imbere ya Yehova,+ bityo mubone uko mumushimisha mu buryo bwuzuye, ari na ko mukomeza kwera imbuto mu murimo mwiza wose,+ kandi muzarushaho kugira ubumenyi nyakuri+ ku byerekeye Imana, 1 Abatesalonike 2:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 kugira ngo mukomeze kugenda+ nk’uko bikwiriye imbere y’Imana, yo ibahamagarira+ ubwami bwayo+ n’ikuzo ryayo. 3 Yohana 4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Nta mpamvu ikomeye yantera gushimira, iruta kuba numva ko abana banjye bakomeza kugendera mu kuri.+
22 kugira ngo nyageragereshe+ Abisirayeli, menye niba bazakomeza inzira ya Yehova bakayigenderamo nk’uko ba sekuruza bayigenderagamo, cyangwa niba batazayigenderamo.”
8 Yewe muntu wakuwe mu mukungugu we, yakumenyesheje icyiza icyo ari cyo.+ Icyo Yehova agusaba ni iki? Si ugukurikiza ubutabera,+ ugakunda kugwa neza+ kandi ukagendana n’Imana yawe+ wiyoroshya?+
10 Ni bwo muzagenda nk’uko bikwiriye+ imbere ya Yehova,+ bityo mubone uko mumushimisha mu buryo bwuzuye, ari na ko mukomeza kwera imbuto mu murimo mwiza wose,+ kandi muzarushaho kugira ubumenyi nyakuri+ ku byerekeye Imana,
12 kugira ngo mukomeze kugenda+ nk’uko bikwiriye imbere y’Imana, yo ibahamagarira+ ubwami bwayo+ n’ikuzo ryayo.
4 Nta mpamvu ikomeye yantera gushimira, iruta kuba numva ko abana banjye bakomeza kugendera mu kuri.+