Kuva 9:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Yehova azatandukanya amatungo y’Abisirayeli n’amatungo y’Abanyegiputa, kandi mu byo Abisirayeli batunze byose nta na kimwe kizapfa.”’”+ Kuva 10:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Nta muntu wabonaga undi kandi nta n’umwe muri bo wavuye aho ari muri iyo minsi uko ari itatu. Ariko aho Abisirayeli bose bari batuye ho hari umucyo.+ Kuva 11:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Ariko mu Bisirayeli ho, nta n’imbwa izamokera umuntu cyangwa itungo,+ kugira ngo mumenye ko Yehova ashobora gutandukanya Abanyegiputa n’Abisirayeli.’+ Kuva 12:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Amaraso azaba ikimenyetso ku mazu muzaba murimo. Nimbona amaraso nzabanyuraho,+ kandi icyo cyago ntikizabageraho ngo kibarimbure igihe nzaba nteza ibyago igihugu cya Egiputa.
4 Yehova azatandukanya amatungo y’Abisirayeli n’amatungo y’Abanyegiputa, kandi mu byo Abisirayeli batunze byose nta na kimwe kizapfa.”’”+
23 Nta muntu wabonaga undi kandi nta n’umwe muri bo wavuye aho ari muri iyo minsi uko ari itatu. Ariko aho Abisirayeli bose bari batuye ho hari umucyo.+
7 Ariko mu Bisirayeli ho, nta n’imbwa izamokera umuntu cyangwa itungo,+ kugira ngo mumenye ko Yehova ashobora gutandukanya Abanyegiputa n’Abisirayeli.’+
13 Amaraso azaba ikimenyetso ku mazu muzaba murimo. Nimbona amaraso nzabanyuraho,+ kandi icyo cyago ntikizabageraho ngo kibarimbure igihe nzaba nteza ibyago igihugu cya Egiputa.