22 Kandi kuri uwo munsi akarere k’i Gosheni ubwoko bwanjye butuyemo nzagatandukanya n’ahandi ku buryo nta kibugu kizabayo,+ kugira ngo umenye ko mu isi yose ari jye Yehova.+
23 Nta muntu wabonaga undi kandi nta n’umwe muri bo wavuye aho ari muri iyo minsi uko ari itatu. Ariko aho Abisirayeli bose bari batuye ho hari umucyo.+