Intangiriro 20:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Aburahamu aramusubiza ati “nabitewe n’uko nibwiraga nti ‘nta gushidikanya, abantu b’aha ntibatinya Imana.+ Bazanyica bampora umugore wanjye nta kabuza.’+ Intangiriro 22:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Aramubwira ati “nturamburire ukuboko kuri uwo muhungu kandi ntugire icyo umutwara,+ kuko ubu noneho menye ko utinya Imana kuko utanyimye umwana wawe, umuhungu wawe w’ikinege.”+ Abalewi 25:43 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 43 Ntuzamukandamize ngo umutwaze igitugu,+ ahubwo uzatinye Imana yawe.+ 1 Samweli 12:24 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 24 Icyakora mujye mutinya+ Yehova mumukorere mu kuri n’umutima wanyu wose,+ kandi muzirikane ibintu bikomeye byose yabakoreye.+ Nehemiya 5:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Nkomeza mbabwira nti “ibyo mukora ibyo si byiza.+ Mbese ntimwari mukwiriye kugenda mutinya+ Imana+ yacu, kugira ngo tudakomeza gutukwa+ n’amahanga atwanga?+ Imigani 1:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Gutinya Yehova ni intangiriro yo kugira ubumenyi.+ Abapfapfa bahinyura ubwenge kandi ntibemera guhanwa.+ Imigani 8:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Gutinya Yehova ni ukwanga ibibi.+ Nanga kwishyira hejuru n’ubwibone+ n’inzira mbi n’akanwa kavuga ibigoramye.+ Ibyakozwe 9:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 Hanyuma itorero+ ryo muri Yudaya hose n’i Galilaya n’i Samariya ryinjira mu gihe cy’amahoro, rirakomera. Uko ryagendaga ritinya Yehova+ kandi rikagendera mu ihumure ry’umwuka wera,+ ni na ko ryakomezaga kwiyongera.
11 Aburahamu aramusubiza ati “nabitewe n’uko nibwiraga nti ‘nta gushidikanya, abantu b’aha ntibatinya Imana.+ Bazanyica bampora umugore wanjye nta kabuza.’+
12 Aramubwira ati “nturamburire ukuboko kuri uwo muhungu kandi ntugire icyo umutwara,+ kuko ubu noneho menye ko utinya Imana kuko utanyimye umwana wawe, umuhungu wawe w’ikinege.”+
24 Icyakora mujye mutinya+ Yehova mumukorere mu kuri n’umutima wanyu wose,+ kandi muzirikane ibintu bikomeye byose yabakoreye.+
9 Nkomeza mbabwira nti “ibyo mukora ibyo si byiza.+ Mbese ntimwari mukwiriye kugenda mutinya+ Imana+ yacu, kugira ngo tudakomeza gutukwa+ n’amahanga atwanga?+
7 Gutinya Yehova ni intangiriro yo kugira ubumenyi.+ Abapfapfa bahinyura ubwenge kandi ntibemera guhanwa.+
13 Gutinya Yehova ni ukwanga ibibi.+ Nanga kwishyira hejuru n’ubwibone+ n’inzira mbi n’akanwa kavuga ibigoramye.+
31 Hanyuma itorero+ ryo muri Yudaya hose n’i Galilaya n’i Samariya ryinjira mu gihe cy’amahoro, rirakomera. Uko ryagendaga ritinya Yehova+ kandi rikagendera mu ihumure ry’umwuka wera,+ ni na ko ryakomezaga kwiyongera.