Intangiriro 49:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Inkoni y’ubwami ntizava kuri Yuda,+ kandi inkoni y’ubutware ntizava hagati y’ibirenge bye, kugeza aho Shilo* azazira.+ Uwo ni we abantu bazumvira.+ Kubara 24:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Ndamureba,+ ariko si ubu;Ndamwitegereza, ariko ntari hafi.Inyenyeri+ izaturuka mu rubyaro rwa Yakobo,Inkoni y’ubwami izava mu rubyaro rwa Isirayeli.+Azamenagura Mowabu imisaya,+Amene impanga abana bose bo kurimbura. Luka 7:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Bose ubwoba+ burabataha, batangira gusingiza Imana bagira bati “muri twe habonetse umuhanuzi ukomeye,”+ kandi bati “Imana yitaye ku bwoko bwayo.”+ Luka 24:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Na we arababaza ati “ni ibiki byahabereye?” Baramusubiza bati “ni ibyerekeye Yesu w’i Nazareti,+ wabaye umuhanuzi+ ufite imbaraga mu byo yakoraga no mu byo yavugaga imbere y’Imana n’abantu bose; Yohana 1:45 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 45 Filipo ajya kureba Natanayeli,+ aramubwira ati “twabonye uwo Mose yanditse mu Mategeko,+ n’Abahanuzi+ bakamwandika: ni Yesu mwene Yozefu+ w’i Nazareti.” Yohana 6:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Abantu babonye ibimenyetso yakoraga, baravuga bati “nta gushidikanya, uyu ni we wa muhanuzi+ wagombaga kuza mu isi.” Ibyakozwe 3:22 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 22 Koko rero, Mose yaravuze ati ‘Yehova Imana azabahagurukiriza mu bavandimwe banyu umuhanuzi umeze nkanjye.+ Muzamwumvire mu byo azababwira byose.+ Ibyakozwe 7:37 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 37 “Uwo Mose ni we wabwiye Abisirayeli ati ‘Imana izabahagurukiriza mu bavandimwe banyu umuhanuzi umeze nkanjye.’+
10 Inkoni y’ubwami ntizava kuri Yuda,+ kandi inkoni y’ubutware ntizava hagati y’ibirenge bye, kugeza aho Shilo* azazira.+ Uwo ni we abantu bazumvira.+
17 Ndamureba,+ ariko si ubu;Ndamwitegereza, ariko ntari hafi.Inyenyeri+ izaturuka mu rubyaro rwa Yakobo,Inkoni y’ubwami izava mu rubyaro rwa Isirayeli.+Azamenagura Mowabu imisaya,+Amene impanga abana bose bo kurimbura.
16 Bose ubwoba+ burabataha, batangira gusingiza Imana bagira bati “muri twe habonetse umuhanuzi ukomeye,”+ kandi bati “Imana yitaye ku bwoko bwayo.”+
19 Na we arababaza ati “ni ibiki byahabereye?” Baramusubiza bati “ni ibyerekeye Yesu w’i Nazareti,+ wabaye umuhanuzi+ ufite imbaraga mu byo yakoraga no mu byo yavugaga imbere y’Imana n’abantu bose;
45 Filipo ajya kureba Natanayeli,+ aramubwira ati “twabonye uwo Mose yanditse mu Mategeko,+ n’Abahanuzi+ bakamwandika: ni Yesu mwene Yozefu+ w’i Nazareti.”
14 Abantu babonye ibimenyetso yakoraga, baravuga bati “nta gushidikanya, uyu ni we wa muhanuzi+ wagombaga kuza mu isi.”
22 Koko rero, Mose yaravuze ati ‘Yehova Imana azabahagurukiriza mu bavandimwe banyu umuhanuzi umeze nkanjye.+ Muzamwumvire mu byo azababwira byose.+
37 “Uwo Mose ni we wabwiye Abisirayeli ati ‘Imana izabahagurukiriza mu bavandimwe banyu umuhanuzi umeze nkanjye.’+