2 Samweli 7:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Inzu yawe n’ubwami bwawe bizahama kugeza ibihe bitarondoreka; intebe yawe y’ubwami izakomezwa kugeza ibihe bitarondoreka.”’”+ Yesaya 9:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Ubutware bwe buziyongera+ kandi amahoro ntazagira iherezo+ ku ntebe y’ubwami ya Dawidi+ no mu bwami bwe, kugira ngo abukomeze+ kandi abushyigikize ubutabera+ no gukiranuka,+ uhereye ubu kugeza ibihe bitarondoreka. Ibyo ngibyo Yehova nyir’ingabo azabisohoresha umwete we.+ Yesaya 14:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Dore wibwiye mu mutima wawe uti ‘nzazamuka njye mu ijuru.+ Nzazamura intebe yanjye y’ubwami+ nyishyire hejuru y’inyenyeri+ z’Imana, nicare ku musozi w’iteraniro,+ mu bice bya kure cyane byo mu majyaruguru.+ Yeremiya 23:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 “Dore iminsi igiye kuza,” ni ko Yehova avuga, “ubwo nzumburira Dawidi umushibu ukiranuka.+ Azaba umwami+ utegekesha ubwenge kandi azasohoza ubutabera no gukiranuka mu gihugu.+ Ezekiyeli 21:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Nzaririmbura, nzaririmbura, nzaririmbura.+ Rizakomeza kubera aho ridafite nyiraryo, kugeza igihe urifitiye uburenganzira azazira,+ nkarimuha.’+ 2 Petero 1:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Ku bw’ibyo, dufite ijambo ry’ubuhanuzi+ ryarushijeho guhama,+ kandi muba mukoze neza iyo muryitayeho nk’itara+ rimurikira ahacuze umwijima, mu mitima yanyu, kugeza aho umuseke utambikiye, n’inyenyeri yo mu rukerera+ ikabandura. Ibyahishuwe 22:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 “‘Jyewe Yesu, natumye umumarayika wanjye kubahamiriza ibyo bintu bigenewe amatorero. Ndi umuzi+ n’urubyaro+ rwa Dawidi, kandi ni jye nyenyeri yaka ya mu gitondo.’”+
16 Inzu yawe n’ubwami bwawe bizahama kugeza ibihe bitarondoreka; intebe yawe y’ubwami izakomezwa kugeza ibihe bitarondoreka.”’”+
7 Ubutware bwe buziyongera+ kandi amahoro ntazagira iherezo+ ku ntebe y’ubwami ya Dawidi+ no mu bwami bwe, kugira ngo abukomeze+ kandi abushyigikize ubutabera+ no gukiranuka,+ uhereye ubu kugeza ibihe bitarondoreka. Ibyo ngibyo Yehova nyir’ingabo azabisohoresha umwete we.+
13 Dore wibwiye mu mutima wawe uti ‘nzazamuka njye mu ijuru.+ Nzazamura intebe yanjye y’ubwami+ nyishyire hejuru y’inyenyeri+ z’Imana, nicare ku musozi w’iteraniro,+ mu bice bya kure cyane byo mu majyaruguru.+
5 “Dore iminsi igiye kuza,” ni ko Yehova avuga, “ubwo nzumburira Dawidi umushibu ukiranuka.+ Azaba umwami+ utegekesha ubwenge kandi azasohoza ubutabera no gukiranuka mu gihugu.+
27 Nzaririmbura, nzaririmbura, nzaririmbura.+ Rizakomeza kubera aho ridafite nyiraryo, kugeza igihe urifitiye uburenganzira azazira,+ nkarimuha.’+
19 Ku bw’ibyo, dufite ijambo ry’ubuhanuzi+ ryarushijeho guhama,+ kandi muba mukoze neza iyo muryitayeho nk’itara+ rimurikira ahacuze umwijima, mu mitima yanyu, kugeza aho umuseke utambikiye, n’inyenyeri yo mu rukerera+ ikabandura.
16 “‘Jyewe Yesu, natumye umumarayika wanjye kubahamiriza ibyo bintu bigenewe amatorero. Ndi umuzi+ n’urubyaro+ rwa Dawidi, kandi ni jye nyenyeri yaka ya mu gitondo.’”+