Abalewi 26:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Ubwibone bwanyu bukabije nzabuhindura ubusa, ijuru ryanyu ndihindure nk’icyuma+ n’ubutaka bwanyu mbuhindure nk’umuringa. Gutegeka kwa Kabiri 11:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 maze mukikongereza uburakari bwa Yehova, agafunga ijuru imvura ntiyongere kugwa,+ n’ubutaka ntibutange umwero wabwo, mugahita murimbuka mugashira mu gihugu cyiza Yehova agiye kubaha.+ 1 Abami 8:35 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 35 “Ijuru nirikingwa imvura ikabura+ bitewe n’uko bagucumuyeho,+ maze bagasenga berekeye aha hantu+ bagasingiza izina ryawe, bagahindukira bakareka ibyaha byabo bitewe n’uko wabateje imibabaro,+ 1 Abami 17:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Nuko Eliya+ w’i Tishubi mu baturage b’i Gileyadi+ abwira Ahabu ati “ndahiye Yehova Imana nzima+ ya Isirayeli nkorera,+ ko muri iyi myaka nta kime kizatonda kandi nta mvura izagwa+ kugeza igihe nzabitegekera.”+ Yeremiya 14:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Abahinzi bakozwe n’isoni bitwikira umutwe+ bitewe n’uko ubutaka bwiyashije, kuko nta mvura yaguye mu gihugu.+ Amosi 4:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 “‘Nabimye imvura igihe hari hasigaye amezi atatu gusa ngo musarure.+ Nagushije imvura mu mugi umwe, ariko sinayigusha mu wundi. Mu murima umwe hagwaga imvura, ariko mu wundi singushemo imvura, maze ubutaka bugakakara.+
19 Ubwibone bwanyu bukabije nzabuhindura ubusa, ijuru ryanyu ndihindure nk’icyuma+ n’ubutaka bwanyu mbuhindure nk’umuringa.
17 maze mukikongereza uburakari bwa Yehova, agafunga ijuru imvura ntiyongere kugwa,+ n’ubutaka ntibutange umwero wabwo, mugahita murimbuka mugashira mu gihugu cyiza Yehova agiye kubaha.+
35 “Ijuru nirikingwa imvura ikabura+ bitewe n’uko bagucumuyeho,+ maze bagasenga berekeye aha hantu+ bagasingiza izina ryawe, bagahindukira bakareka ibyaha byabo bitewe n’uko wabateje imibabaro,+
17 Nuko Eliya+ w’i Tishubi mu baturage b’i Gileyadi+ abwira Ahabu ati “ndahiye Yehova Imana nzima+ ya Isirayeli nkorera,+ ko muri iyi myaka nta kime kizatonda kandi nta mvura izagwa+ kugeza igihe nzabitegekera.”+
4 Abahinzi bakozwe n’isoni bitwikira umutwe+ bitewe n’uko ubutaka bwiyashije, kuko nta mvura yaguye mu gihugu.+
7 “‘Nabimye imvura igihe hari hasigaye amezi atatu gusa ngo musarure.+ Nagushije imvura mu mugi umwe, ariko sinayigusha mu wundi. Mu murima umwe hagwaga imvura, ariko mu wundi singushemo imvura, maze ubutaka bugakakara.+