Kuva 20:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 “Ntukiremere igishushanyo kibajwe cyangwa ishusho isa n’ikintu cyose kiri hejuru mu ijuru cyangwa ikiri hasi ku isi cyangwa ikiri mu mazi yo ku isi.+ Abalewi 26:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 “‘Ntimukiremere imana zitagira umumaro,+ kandi ntimugashinge ibishushanyo bibajwe+ cyangwa inkingi zera z’amabuye. Ntimugashyire mu gihugu cyanyu ibishushanyo bibajwe mu mabuye+ kugira ngo muyikubite imbere.+ Ndi Yehova Imana yanyu. Gutegeka kwa Kabiri 17:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 akajya gusenga izindi mana akazunamira cyangwa akunamira izuba cyangwa ukwezi cyangwa ingabo zose zo mu kirere,+ kandi ibyo ntarigeze mbibategeka,+ Gutegeka kwa Kabiri 27:15 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 15 “‘Havumwe umuntu wese ubaza igishushanyo+ cyangwa agacura igishushanyo kiyagijwe,+ ikintu Yehova yanga urunuka,+ umurimo w’intoki z’umunyabukorikori,+ maze akagihisha.’ (Abantu bose bazasubize bati ‘Amen!’)+ Abacamanza 17:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Nuko Mika asubiza nyina izo feza, nyina akuraho ibiceri by’ifeza magana abiri abiha umucuzi.+ Abikoramo igishushanyo kibajwe+ n’igishushanyo kiyagijwe,+ bishyirwa mu nzu ya Mika. Abacamanza 18:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Binjira mu nzu ya Mika bafata igishushanyo kibajwe, efodi, terafimu n’igishushanyo kiyagijwe.+ Maze uwo mutambyi+ arababaza ati “muri mu biki?”
4 “Ntukiremere igishushanyo kibajwe cyangwa ishusho isa n’ikintu cyose kiri hejuru mu ijuru cyangwa ikiri hasi ku isi cyangwa ikiri mu mazi yo ku isi.+
26 “‘Ntimukiremere imana zitagira umumaro,+ kandi ntimugashinge ibishushanyo bibajwe+ cyangwa inkingi zera z’amabuye. Ntimugashyire mu gihugu cyanyu ibishushanyo bibajwe mu mabuye+ kugira ngo muyikubite imbere.+ Ndi Yehova Imana yanyu.
3 akajya gusenga izindi mana akazunamira cyangwa akunamira izuba cyangwa ukwezi cyangwa ingabo zose zo mu kirere,+ kandi ibyo ntarigeze mbibategeka,+
15 “‘Havumwe umuntu wese ubaza igishushanyo+ cyangwa agacura igishushanyo kiyagijwe,+ ikintu Yehova yanga urunuka,+ umurimo w’intoki z’umunyabukorikori,+ maze akagihisha.’ (Abantu bose bazasubize bati ‘Amen!’)+
4 Nuko Mika asubiza nyina izo feza, nyina akuraho ibiceri by’ifeza magana abiri abiha umucuzi.+ Abikoramo igishushanyo kibajwe+ n’igishushanyo kiyagijwe,+ bishyirwa mu nzu ya Mika.
18 Binjira mu nzu ya Mika bafata igishushanyo kibajwe, efodi, terafimu n’igishushanyo kiyagijwe.+ Maze uwo mutambyi+ arababaza ati “muri mu biki?”