Intangiriro 25:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Kandi Isaka yari afite imyaka mirongo ine igihe yashyingiranwaga na Rebeka umukobwa wa Betuweli+ w’Umunyasiriya+ w’i Padani-Aramu, mushiki wa Labani w’Umunyasiriya. Gutegeka kwa Kabiri 26:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Uzavugire imbere ya Yehova Imana yawe uti ‘data yari ingorwa y’Umunyasiriya,+ nuko aramanuka ajya muri Egiputa+ aturayo ari umwimukira, ari hamwe n’abantu bake cyane,+ ariko aza guhinduka ishyanga rikomeye kandi rifite amaboko n’abantu benshi.+ 2 Samweli 8:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Hanyuma Dawidi ashyira imitwe y’ingabo+ i Damasiko muri Siriya, Abanyasiriya bahinduka abagaragu ba Dawidi, bakajya bamuzanira amakoro.+ Yehova yakizaga Dawidi aho yajyaga hose.+ 2 Abami 5:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Igihe kimwe Abasiriya biremyemo imitwe y’abanyazi+ bagaba ibitero muri Isirayeli, banyaga akana k’agakobwa+ bagashyira umugore wa Namani akagira umuja. Yesaya 9:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Siriya ituruke iburasirazuba+ n’Abafilisitiya baturuke inyuma,+ kandi bazasamira Isirayeli bamurye.+ Nyamara nubwo bimeze bityo, uburakari bwe ntiburashira, ahubwo ukuboko kwe kuracyabanguye.+
20 Kandi Isaka yari afite imyaka mirongo ine igihe yashyingiranwaga na Rebeka umukobwa wa Betuweli+ w’Umunyasiriya+ w’i Padani-Aramu, mushiki wa Labani w’Umunyasiriya.
5 Uzavugire imbere ya Yehova Imana yawe uti ‘data yari ingorwa y’Umunyasiriya,+ nuko aramanuka ajya muri Egiputa+ aturayo ari umwimukira, ari hamwe n’abantu bake cyane,+ ariko aza guhinduka ishyanga rikomeye kandi rifite amaboko n’abantu benshi.+
6 Hanyuma Dawidi ashyira imitwe y’ingabo+ i Damasiko muri Siriya, Abanyasiriya bahinduka abagaragu ba Dawidi, bakajya bamuzanira amakoro.+ Yehova yakizaga Dawidi aho yajyaga hose.+
2 Igihe kimwe Abasiriya biremyemo imitwe y’abanyazi+ bagaba ibitero muri Isirayeli, banyaga akana k’agakobwa+ bagashyira umugore wa Namani akagira umuja.
12 Siriya ituruke iburasirazuba+ n’Abafilisitiya baturuke inyuma,+ kandi bazasamira Isirayeli bamurye.+ Nyamara nubwo bimeze bityo, uburakari bwe ntiburashira, ahubwo ukuboko kwe kuracyabanguye.+