Gutegeka kwa Kabiri 12:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Ahubwo ahantu Yehova azatoranya muri gakondo y’umwe mu miryango yanyu, ni ho muzajya mutambira ibitambo byanyu bikongorwa n’umuriro, kandi abe ari ho muzajya mukorera ibyo mbategeka byose.+ 1 Abami 14:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Na bo biyubakiye utununga+ n’inkingi zera z’amabuye+ babaza n’inkingi zera z’ibiti,+ babishyira kuri buri gasozi karekare kose+ no munsi y’igiti cyose gitoshye.+ 1 Abami 15:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Gusa utununga+ two ntitwashizeho.+ Icyakora umutima wa Asa watunganiye Yehova mu minsi yose yo kubaho kwe.+ 2 Abami 12:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Icyakora utununga ntitwakuweho.+ Abantu bari bagitambira ibitambo ku tununga, bakanahosereza ibitambo. 2 Abami 14:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Icyakora utununga ntitwavuyeho.+ Abantu bari bagitambira ibitambo ku tununga, bakanahosereza ibitambo.+ 2 Abami 15:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Icyakora utununga ntitwavuyeho.+ Abantu bari bagitambira ibitambo ku tununga, bakanahosereza ibitambo.+ 2 Abami 18:22 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 22 Wenda mwambwira muti ‘Yehova+ Imana yacu ni we twiringiye.’+ Ariko se utununga+ twe n’ibicaniro bye Hezekiya+ ntiyabikuyeho, akabwira u Buyuda na Yerusalemu ati ‘iki gicaniro ni cyo muzajya mwikubita imbere i Yerusalemu’?”’+ 2 Ibyo ku Ngoma 20:33 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 33 Gusa utununga+ ntitwakuweho. Abantu bari batarategurira umutima wabo gushaka Imana ya ba sekuruza.+
14 Ahubwo ahantu Yehova azatoranya muri gakondo y’umwe mu miryango yanyu, ni ho muzajya mutambira ibitambo byanyu bikongorwa n’umuriro, kandi abe ari ho muzajya mukorera ibyo mbategeka byose.+
23 Na bo biyubakiye utununga+ n’inkingi zera z’amabuye+ babaza n’inkingi zera z’ibiti,+ babishyira kuri buri gasozi karekare kose+ no munsi y’igiti cyose gitoshye.+
14 Gusa utununga+ two ntitwashizeho.+ Icyakora umutima wa Asa watunganiye Yehova mu minsi yose yo kubaho kwe.+
3 Icyakora utununga ntitwakuweho.+ Abantu bari bagitambira ibitambo ku tununga, bakanahosereza ibitambo.
4 Icyakora utununga ntitwavuyeho.+ Abantu bari bagitambira ibitambo ku tununga, bakanahosereza ibitambo.+
4 Icyakora utununga ntitwavuyeho.+ Abantu bari bagitambira ibitambo ku tununga, bakanahosereza ibitambo.+
22 Wenda mwambwira muti ‘Yehova+ Imana yacu ni we twiringiye.’+ Ariko se utununga+ twe n’ibicaniro bye Hezekiya+ ntiyabikuyeho, akabwira u Buyuda na Yerusalemu ati ‘iki gicaniro ni cyo muzajya mwikubita imbere i Yerusalemu’?”’+
33 Gusa utununga+ ntitwakuweho. Abantu bari batarategurira umutima wabo gushaka Imana ya ba sekuruza.+