11 Bateza ubuhumyi abo bantu bari ku muryango w’inzu,+ uhereye ku muto muri bo ukageza ku mukuru,+ ku buryo bagerageje gushakisha aho umuryango uri bakaruha.+
10 Dukomeza gukabakaba ku rukuta nk’impumyi, tugakomeza gukabakaba nk’abatagira amaso.+ Twasitaye ku manywa y’ihangu nk’aho ari mu kabwibwi; mu banyambaraga tumeze nk’abapfuye.+