36 Nuko igihe+ cyo gutura ituro ry’ibinyampeke kigeze, umuhanuzi Eliya yegera igicaniro, aravuga ati “Yehova Mana ya Aburahamu,+ Isaka+ na Isirayeli,+ erekana uyu munsi ko ari wowe Mana muri Isirayeli,+ ko ndi umugaragu wawe kandi ko ibi byose nabikoze ntumwe nawe.+