Abalewi 20:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 “ubwire Abisirayeli uti ‘umuntu wese wo mu Bisirayeli n’umwimukira wese utuye muri Isirayeli uzatura Moleki umwana we,+ azicwe. Abatuye mu gihugu bazamutere amabuye bamwice. Gutegeka kwa Kabiri 18:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Muri mwe ntihazaboneke umuntu utwika umuhungu we cyangwa umukobwa we,*+ cyangwa umupfumu+ cyangwa ukora iby’ubumaji+ cyangwa uragura+ cyangwa umurozi,+ 2 Abami 23:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Umwami yahumanyije Tofeti+ iri mu gikombe cya bene Hinomu,+ kugira ngo hatagira umuntu wongera kuhatwikira umuhungu we cyangwa umukobwa we,+ amutambiye Moleki.+ 2 Ibyo ku Ngoma 28:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Yoshereje ibitambo+ mu gikombe cya mwene Hinomu,+ atwika abahungu be,+ akora ibizira+ nk’ibyakorwaga n’amahanga Yehova yari yarirukanye imbere y’Abisirayeli.+ 2 Ibyo ku Ngoma 33:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Yatwikiye+ abahungu be* mu gikombe cya mwene Hinomu,+ akora ibikorwa by’ubumaji,+ araraguza,+ ajya mu bapfumu+ kandi ashyiraho abashitsi+ n’abakora umwuga wo guhanura ibizaba.+ Yakoze ibibi bikabije mu maso ya Yehova aramurakaza.+ Zab. 106:37 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 37 Kandi batambiraga abadayimoni+Abahungu babo n’abakobwa babo.+ Yesaya 57:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 babyukiriza irari mu biti by’inganzamarumbo,+ munsi y’igiti gitoshye cyose,+ bakicira abana mu bibaya, munsi y’imikoki yo mu bitare?+ Yeremiya 7:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 Bubatse utununga tw’i Tofeti+ mu gikombe cya mwene Hinomu,+ kugira ngo bajye bahatwikira abahungu babo n’abakobwa babo,+ icyo kikaba ari ikintu ntigeze mbategeka kandi kitigeze kiza mu mutima wanjye.’+ Ezekiyeli 16:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 “‘Nanone wafataga abahungu bawe n’abakobwa bawe wambyariye,+ ukabatambira ibyo bishushanyo;+ ese ibikorwa byawe by’uburaya ntibihagije? Ezekiyeli 23:37 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 37 Barasambanye+ kandi ibiganza byabo biriho amaraso;+ basambanye n’ibigirwamana byabo biteye ishozi.+ Nanone kandi, abana bambyariye babatwikishije umuriro ngo babe ibyokurya by’ibyo bigirwamana.+
2 “ubwire Abisirayeli uti ‘umuntu wese wo mu Bisirayeli n’umwimukira wese utuye muri Isirayeli uzatura Moleki umwana we,+ azicwe. Abatuye mu gihugu bazamutere amabuye bamwice.
10 Muri mwe ntihazaboneke umuntu utwika umuhungu we cyangwa umukobwa we,*+ cyangwa umupfumu+ cyangwa ukora iby’ubumaji+ cyangwa uragura+ cyangwa umurozi,+
10 Umwami yahumanyije Tofeti+ iri mu gikombe cya bene Hinomu,+ kugira ngo hatagira umuntu wongera kuhatwikira umuhungu we cyangwa umukobwa we,+ amutambiye Moleki.+
3 Yoshereje ibitambo+ mu gikombe cya mwene Hinomu,+ atwika abahungu be,+ akora ibizira+ nk’ibyakorwaga n’amahanga Yehova yari yarirukanye imbere y’Abisirayeli.+
6 Yatwikiye+ abahungu be* mu gikombe cya mwene Hinomu,+ akora ibikorwa by’ubumaji,+ araraguza,+ ajya mu bapfumu+ kandi ashyiraho abashitsi+ n’abakora umwuga wo guhanura ibizaba.+ Yakoze ibibi bikabije mu maso ya Yehova aramurakaza.+
5 babyukiriza irari mu biti by’inganzamarumbo,+ munsi y’igiti gitoshye cyose,+ bakicira abana mu bibaya, munsi y’imikoki yo mu bitare?+
31 Bubatse utununga tw’i Tofeti+ mu gikombe cya mwene Hinomu,+ kugira ngo bajye bahatwikira abahungu babo n’abakobwa babo,+ icyo kikaba ari ikintu ntigeze mbategeka kandi kitigeze kiza mu mutima wanjye.’+
20 “‘Nanone wafataga abahungu bawe n’abakobwa bawe wambyariye,+ ukabatambira ibyo bishushanyo;+ ese ibikorwa byawe by’uburaya ntibihagije?
37 Barasambanye+ kandi ibiganza byabo biriho amaraso;+ basambanye n’ibigirwamana byabo biteye ishozi.+ Nanone kandi, abana bambyariye babatwikishije umuriro ngo babe ibyokurya by’ibyo bigirwamana.+