11 “None rero, ubwire abantu b’i Buyuda n’abaturage b’i Yerusalemu uti ‘uku ni ko Yehova avuga ati “hari ibyago ngiye kubateza kandi ndatekereza ibibi nzabagirira.+ Ndabinginze, nimuhindukire buri wese areke inzira ye mbi kandi mugorore inzira zanyu n’imigenzereze yanyu.”’”+